Ibyiciro bishamikiye ku bindi.

Urutonde rwa Hadithi.

Ese mbabwire ibyaha bikuru kuruta ibindi
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Umuntu nakunda mugenzi we ajye abimubwira ko amukunda
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Mwirinde ibyaha birindwi birimbura
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Allah agirire impuhwe umuntu woroha igihe agurisha, woroha igihe agura, woroha igihe yishyuza
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Hari umugabo umwe wajyaga aguriza abantu, yajyaga abwira umukozi we ati: Nujya ujya kwishyuza hakagira uwo usanga yananiwe kwishyura jya umwihanganira umudohorere, kugira ngo natwe Allah azatubabarire
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Ntukarakare!
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Abarangwa n'ubutabera bazaba bari kuri Min'bar z'urumuri, iburyo bwa Allah Nyir'impuhwe, n'ubwo amaboko ye yose ari indyo
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Mujye mwirinda gucyeka; kubera ko gucyeka ari ikinyoma kiruta ibindi
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Ntuzagire igikorwa cyiza usuzugura kabone n'iyo cyaba ari uguhura n'umuvandimwe wawe umumwenyuriye
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Umunyembaraga si wawundi wihutira kurwana n’abantu, ahubwo umunyembaraga nyakuri ni wawundi ubasha kwifata (agatsinda uburakari) igihe arakaye.”
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Uzarangira undi icyiza, azabona ibihembo nk'iby'uwagikoze
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Umuntu ubunza amagambo ntazinjira ijuru
عربي Icyongereza. Iki Urdu
“Uzaba yemera Imana n’umunsi w’imperuka, ajye avuga amagambo meza cyangwa yicecekere
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Utagiriye impuhwe abantu, Allah Nyir'ubutagatifu nawe ntazazimugirira
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Mu by'ukuri umuntu Allah yanga kuruta abandi ni umunyamwaga w'umunyempaka nyinshi
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabajinjwe ku mpamvu izinjiza abantu benshi mu ijuru, maze irasubiza iti: "Ni ugutinya Allah no kurangwa n'imico myiza
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Kurangwa n'isoni ni kimwe mu bigize ukwemera
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Uzarinda icyubahiro cy'umuvandimwe we, Allah nawe azarinda umuriro uburanga bwe ku munsi w'imperuka
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Mu by'ukuri Allah akunda umugaragu w'umutinyamana, wihishira ntasabe abantu, ukora ibintu bye mu ibanga adategereje ishimwe ry'abantu
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Umwemeramana urusha abandi ukwemera kuzuye ni ubarusha imico myiza, n'umwiza muri mwe kubarusha ni ubanira neza abagore be
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Igihe cyose habayeho koroha mu kintu bikigira cyiza, kandi n'igihe nta koroha kubayemo bikigira kibi
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Mu by'ukuri Umwemeramana kubera imico ye myiza, ituma agera ku rwego rw'uwasibye ndetse wakoze igihagararo cyo mu ijoro
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Umwiza muri mwe ni ubarusha imico myiza
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Mu by'ukuri Allah arindiriza umunyamahugu, kugeza ubwo amuguye gitumo ntabe yamucika
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Mujye mworoshya ibintu, ntimukabikomeze, mutange inkuru nziza ntimutange izitera kwiheba
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Abagira impuhwe Allah Nyir'impuhwe nawe azazibagirira; mujye mugirira impuhwe abo ku isi, kugira ngo uri mu ijuru nawe azazibagirire
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabujije kogosha igisage
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Igihe kimwe twari hamwe na Umar, maze aravuga ati: "Twabujijwe kwigora!
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Abantu bari muri izi mva zombi bari guhanwa, kandi ntibazira ibikomeye; umwe muri bo ntiyajyaga yirinda inkari, naho undi yajyaga agenda abunza amagambo
عربي Icyongereza. Iki Urdu
Umuntu uzambeshyera ku bwende, aziteganyirize icyicaro cye mu muriro
عربي Icyongereza. Iki Urdu