Urutonde rwa Hadith.

Ese mbabwire ibyaha bikuru kuruta ibindi
عربي الإنجليزية الأوردية
Mwirinde ibyaha birindwi birimbura
عربي الإنجليزية الأوردية
Mujye mwirinda gucyeka; kubera ko gucyeka ari ikinyoma kiruta ibindi
عربي الإنجليزية الأوردية
Umuntu ubunza amagambo ntazinjira ijuru
عربي الإنجليزية الأوردية
Mu by'ukuri umuntu Allah yanga kuruta abandi ni umunyamwaga w'umunyempaka nyinshi
عربي الإنجليزية الأوردية
Mu by'ukuri Allah arindiriza umunyamahugu, kugeza ubwo amuguye gitumo ntabe yamucika
عربي الإنجليزية الأوردية
Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabujije kogosha igisage
عربي الإنجليزية الأوردية
Igihe kimwe twari hamwe na Umar, maze aravuga ati: "Twabujijwe kwigora!
عربي الإنجليزية الأوردية
Abantu bari muri izi mva zombi bari guhanwa, kandi ntibazira ibikomeye; umwe muri bo ntiyajyaga yirinda inkari, naho undi yajyaga agenda abunza amagambo
عربي الإنجليزية الأوردية
Nzi ijambo rimwe aramutse arivuze, biriya byamubayeho byarangira, aramutse avuze ati: Nikinze kuri Allah ngo andinde Shitani, biriya byose byamubayeho byahita bishira
عربي الإنجليزية الأوردية
Gutuka umuyisilamu ni ubugizi bwa nabi, no kumurwanya ni ubuhakanyi
عربي الإنجليزية الأوردية
Mutinye amahugu, kubera ko amahugu azaba ari umwijima ku munsi w'imperuka; munatinye kandi kugira ubugugu, kubera ko kugira ubugugu byoretse ababayeho mbere yanyu
عربي الإنجليزية الأوردية
Ese muzi uwashiriwe uwo ari we?
عربي الإنجليزية الأوردية
Uzavuga imvugo navuze abizi cyangwa akeka ko ari ikinyoma, azaba ari umwe mu babeshyi
عربي الإنجليزية الأوردية
Mu by'ukuri Shitani yacitse intege kubera ko itazigera isengwa mu kigobe cy'abarabu, ahubwo izifashisha kubiba inzangano n'amakimbirane hagati yabo
عربي الإنجليزية الأوردية
Umugabo ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we, n'umugore ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we
عربي الإنجليزية الأوردية
Umuntu uzambeshyera ku bwende, aziteganyirize icyicaro cye mu muriro
عربي الإنجليزية الأوردية
Mu bitunganya ubuyisilamu bw’umuntu ni uko areka ibitamureba
عربي الإنجليزية الأوردية