Urutonde rwa Hadith.

Jya ureka gukora ibyo ushidikanyaho, ukore ibyo udashidikanyamo
عربي الإنجليزية الأوردية
Ntimukabangame cyangwa ngo mubangamire abandi
عربي الإنجليزية الأوردية
Mundekere ibyo ntababwiye, kubera ko ababanjirije boretswe no kubaza kwabo ndetse no kunyuranya kwabo ku ntumwa zabo
عربي الإنجليزية الأوردية
“Mu by’ukuri, ibiziruye (Halali) birasobanutse kandi n'ibyaziririjwe (Haramu) birasobanutse
عربي الإنجليزية الأوردية
Ntabwo bikwiye ko umuntu agirira nabi mugenzi we, nata nubwo bikwiye ko abantu bagirirana nabi, uzagira nabi mugenzi we Allah nawe azamuteza ingorane, n'uzamugora Allah nawe azamugora
عربي الإنجليزية الأوردية
Jya ureka gukora ibyo ushidikanyaho ukore ibyo udashidikanyaho, kubera ko kuvuga ukuri bitanga ituze, no kuvuga ibinyoma bitera gushidikanya
عربي الإنجليزية الأوردية
Mu by'ukuri Allah akunda ko abantu bubahiriza uburenganzira yatanze, nkuko akunda ko bubahiriza amategeko
عربي الإنجليزية الأوردية
Umwe muri mwe naba afite ikibazo mu nda, ntamenye niba hari icyamusohotsemo, ntazasohoke mu musigiti cyeretse abanje kumva ijwi cyangwa se akumva umunuko
عربي الإنجليزية الأوردية